Mu 2014, Umwali Ituze Ndutiye Colombe ni umwe mu Banyarwanda batandatu bari muri gahunda YALI yashyizweho na Perezida Barack Obama wa Leta zunze ubumwe z’Amerika kugirango ihugure urubyiruko rw’Afrika kwishakira ibisubizo.
Ituze Colombe yashinze kandi ayobora ikigo gikora imyenda cyitwa “INCO Icyusa.” Gahunda YALI yamariye iki Colombe? Ni ikiganiro na Eric Bagiruwubusa.
Embed
share
Yali Colombo
by VOA
Embed
share
The code has been copied to your clipboard.
The URL has been copied to your clipboard
No media source currently available
0:00
0:05:46
0:00
Lapho esitholakala khona